Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet Duplicate
book_name
stringclasses
66 values
chapter_number
stringclasses
150 values
title
stringclasses
851 values
verse
int64
1
176
text
stringlengths
0
493
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
1
Mbere na mbere Imana yaremye ijuru n’isi.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
2
Isi yari itagira ishusho, yariho ubusa busa, umwijima wari hejuru y’imuhengeri, maze Umwuka w’Imana yagendagendaga hejuru y’amazi.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
3
Imana iravuga iti “Habeho umucyo”, umucyo ubaho.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
4
Imana ibona umucyo ko ari mwiza, Imana itandukanya umucyo n’umwijima.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
5
Imana yita umucyo amanywa, umwijima iwita ijoro. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa mbere.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
6
Imana iravuga iti “Habeho isanzure hagati y’amazi, rigabanye amazi n’andi mazi.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
7
Imana irema iryo sanzure, igabanya amazi yo munsi y’isanzure n’ayo hejuru yaryo, biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
8
Imana yita iryo sanzure Ijuru. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa kabiri.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
9
Imana iravuga iti “Amazi yo munsi y’ijuru ateranire hamwe, ahumutse haboneke.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
10
Imana yita ahumutse Ubutaka, iteraniro ry’amazi iryita Inyanja. Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
11
Imana iravuga iti “Ubutaka bumeze ubwatsi n’ibimera byose byerere imbuto ku butaka, n’ibiti byerere imbuto ku butaka zirimo utubuto twabyo, igiti cyose cyere imbuto zikwiriye ubwoko bwacyo.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
12
Ubutaka bumeza ubwatsi, ibimera byose byera imbuto zikwiriye amoko yabyo, n’ibiti byera imbuto zirimo utubuto twabyo, zikwiriye amoko yabyo. Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
13
Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatatu.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
14
Imana iravuga iti “Mu isanzure ry’ijuru habeho ibiva bitandukanya amanywa n’ijoro, bibereho kuba ibimenyetso no kwerekana ibihe n’iminsi n’imyaka,
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
15
bibereho kuvira mu isanzure ry’ijuru kugira ngo bivire isi.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
16
Imana irema ibiva bibiri binini, ikiva kinini cyo gutegeka amanywa, n’igito cyo gutegeka ijoro, irema n’inyenyeri.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
17
Imana ibishyirira mu isanzure ry’ijuru kugira ngo bivire isi,
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
18
kandi bitegeke amanywa n’ijoro, bitandukanye umucyo n’umwijima, Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
19
Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa kane.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
20
Imana iravuga iti “Amazi yuzuremo ibyigenza byinshi cyane bifite ubugingo, kandi inyoni n’ibisiga biguruke mu isanzure ry’ijuru.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
21
Imana irema ibifi binini byo mu nyanja, n’ibintu byose byigenza bifite ubugingo, amazi biyuzuramo nk’uko amoko yabyo ari. Irema n’inyoni n’ibisiga byose nk’uko amoko yabyo ari, Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
22
Imana ibiha umugisha, iti “Mwororoke, mugwire, mwuzure amazi yo mu nyanja, inyoni n’ibisiga byororoke mu isi.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
23
Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatanu.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
24
Imana iravuga iti “Isi izane ibifite ubugingo, amatungo n’ibikururuka, nk’uko amoko yabyo ari, n’inyamaswa zo mu isi, nk’uko amoko yazo ari.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
25
Imana irema inyamaswa zo mu isi nk’uko amoko yazo ari, n’amatungo nk’uko amoko yayo ari, n’ibintu byose bikururuka hasi nk’uko amoko yabyo ari, Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
26
Imana iravuga iti “Tureme umuntu agire ishusho yacu ase natwe, batware amafi yo mu nyanja, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’amatungo n’isi yose, n’igikururuka hasi cyose.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
27
Imana irema umuntu ngo agire ishusho yayo, afite ishusho y’Imana ni ko yamuremye, umugabo n’umugore ni ko yabaremye.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
28
Imana ibaha umugisha, Imana irababwira iti “Mwororoke mugwire, mwuzure isi, mwimenyereze ibiyirimo, mutware amafi yo mu nyanja, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’ibintu byose bifite ubugingo byigenza ku isi.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
29
Kandi Imana irababwira iti “Dore mbahaye ibimera byose byera imbuto biri mu isi yose, n’igiti cyose gifite imbuto zirimo utubuto twacyo, bizabe ibyokurya byanyu.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
30
Kandi inyamaswa yose yo mu isi, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’ikintu cyose gikururuka ku isi gifite ubugingo, mbihaye ibimera bibisi byose ngo bibe ibyokurya byabyo.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
31
Imana ireba ibyo yaremye byose, n’uko byari byiza cyane. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatandatu.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
1
Ijuru n’isi n’ibirimo byinshi byose birangira kuremwa.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
2
Ku munsi wa karindwi Imana irangiza imirimo yakoze, iruhuka ku munsi wa karindwi imirimo yayo yose yakoze.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
3
Imana iha umugisha umunsi wa karindwi iraweza, kuko ari wo Imana yaruhukiyemo imirimo yakoze yose. Imana ishyira Adamu muri Edeni
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
4
Uku ni ko kuremwa kw’ijuru n’isi, ubwo byaremwaga, ku munsi Uwiteka Imana yaremeyemo isi n’ijuru.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
5
Kandi akatsi kose ko mu gasozi kari kataraba ku isi, n’ikimera cyose cyo mu gasozi cyari kitararuka, kuko Uwiteka Imana yari itaravuba imvura ku isi kandi nta muntu wariho wo guhinga ubutaka,
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
6
ariko igihu cyavaga mu isi kigatosa ubutaka bwose.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
7
Uwiteka Imana irema umuntu mu mukungugu wo hasi, imuhumekera mu mazuru umwuka w’ubugingo, umuntu ahinduka ubugingo buzima.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
8
Uwiteka Imana ikeba ingobyi muri Edeni mu ruhande rw’iburasirazuba, iyishyiramo umuntu yaremye.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
9
Uwiteka Imana imezamo igiti cyose cy’igikundiro cyera imbuto ziribwa, imeza n’igiti cy’ubugingo hagati muri iyo ngobyi, imezamo n’igiti cy’ubwenge bumenyesha icyiza n’ikibi.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
10
Umugezi uturuka muri Edeni unetesha iyo ngobyi, uwo mugezi uvamo wigabanyamo ine.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
11
Umwe witwa Pishoni, ari wo ugose igihugu cyose cy’i Havila kirimo izahabu,
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
12
kandi izahabu yo muri icyo gihugu ni nziza. Iyo ni ho hari ubushishi buva ku giti bwitwa budola, n’amabuye yitwa shohamu.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
13
Undi witwa Gihoni, ari wo ugose igihugu cyose cy’i Kushi.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
14
Undi witwa Hidekelu, ni wo uca imbere y’igihugu cyitwa Ashuri. Uwa kane witwa Ufurate.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
15
Uwiteka Imana ijyana wa muntu, imushyira muri iyo ngobyi yo muri Edeni, ngo ahingire ibirimo, ayirinde.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
16
Uwiteka Imana iramutegeka iti “Ku giti cyose cyo muri iyo ngobyi ujye urya imbuto zacyo uko ushaka,
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
17
ariko igiti cy’ubwenge bumenyesha icyiza n’ikibi ntuzakiryeho, kuko umunsi wakiriyeho no gupfa uzapfa.” Imana irema Eva
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
18
Kandi Uwiteka Imana iravuga iti “Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye.”
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
19
Uwiteka Imana irema mu butaka amatungo yose n’inyamaswa zo mu ishyamba zose, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere byose, ibizanira uwo muntu ngo imenye uko abyita, kandi uko uwo muntu yise ikintu cyose gifite ubugingo, aba ari ryo riba izina ryacyo.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
20
Uwo muntu yita amatungo yose n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere n’inyamaswa zo mu ishyamba zose, ariko umufasha umukwiriye yari ataraboneka.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
21
Uwiteka Imana isinziriza uwo muntu ubuticura arasinzira, imukuramo urubavu rumwe ihasubiza inyama,
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
22
urwo rubavu Uwiteka Imana yakuye muri uwo muntu, iruhindura umugore imushyira uwo muntu.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
23
Aravuga ati “Uyu ni igufwa ryo mu magufwa yanjye, Ni akara ko mu mara yanjye, Azitwa Umugore kuko yakuwe mu Mugabo.”
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
24
Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina, akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe.
itangiriro
2
Imana yeza umunsi wa karindwi
25
Kandi uwo mugabo n’umugore we bombi bari bambaye ubusa, ntibakorwe n’isoni.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
1
Mbere na mbere Imana yaremye ijuru n’isi.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
2
Isi yari itagira ishusho, yariho ubusa busa, umwijima wari hejuru y’imuhengeri, maze Umwuka w’Imana yagendagendaga hejuru y’amazi.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
3
Imana iravuga iti “Habeho umucyo”, umucyo ubaho.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
4
Imana ibona umucyo ko ari mwiza, Imana itandukanya umucyo n’umwijima.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
5
Imana yita umucyo amanywa, umwijima iwita ijoro. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa mbere.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
6
Imana iravuga iti “Habeho isanzure hagati y’amazi, rigabanye amazi n’andi mazi.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
7
Imana irema iryo sanzure, igabanya amazi yo munsi y’isanzure n’ayo hejuru yaryo, biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
8
Imana yita iryo sanzure Ijuru. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa kabiri.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
9
Imana iravuga iti “Amazi yo munsi y’ijuru ateranire hamwe, ahumutse haboneke.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
10
Imana yita ahumutse Ubutaka, iteraniro ry’amazi iryita Inyanja. Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
11
Imana iravuga iti “Ubutaka bumeze ubwatsi n’ibimera byose byerere imbuto ku butaka, n’ibiti byerere imbuto ku butaka zirimo utubuto twabyo, igiti cyose cyere imbuto zikwiriye ubwoko bwacyo.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
12
Ubutaka bumeza ubwatsi, ibimera byose byera imbuto zikwiriye amoko yabyo, n’ibiti byera imbuto zirimo utubuto twabyo, zikwiriye amoko yabyo. Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
13
Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatatu.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
14
Imana iravuga iti “Mu isanzure ry’ijuru habeho ibiva bitandukanya amanywa n’ijoro, bibereho kuba ibimenyetso no kwerekana ibihe n’iminsi n’imyaka,
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
15
bibereho kuvira mu isanzure ry’ijuru kugira ngo bivire isi.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
16
Imana irema ibiva bibiri binini, ikiva kinini cyo gutegeka amanywa, n’igito cyo gutegeka ijoro, irema n’inyenyeri.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
17
Imana ibishyirira mu isanzure ry’ijuru kugira ngo bivire isi,
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
18
kandi bitegeke amanywa n’ijoro, bitandukanye umucyo n’umwijima, Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
19
Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa kane.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
20
Imana iravuga iti “Amazi yuzuremo ibyigenza byinshi cyane bifite ubugingo, kandi inyoni n’ibisiga biguruke mu isanzure ry’ijuru.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
21
Imana irema ibifi binini byo mu nyanja, n’ibintu byose byigenza bifite ubugingo, amazi biyuzuramo nk’uko amoko yabyo ari. Irema n’inyoni n’ibisiga byose nk’uko amoko yabyo ari, Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
22
Imana ibiha umugisha, iti “Mwororoke, mugwire, mwuzure amazi yo mu nyanja, inyoni n’ibisiga byororoke mu isi.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
23
Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatanu.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
24
Imana iravuga iti “Isi izane ibifite ubugingo, amatungo n’ibikururuka, nk’uko amoko yabyo ari, n’inyamaswa zo mu isi, nk’uko amoko yazo ari.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
25
Imana irema inyamaswa zo mu isi nk’uko amoko yazo ari, n’amatungo nk’uko amoko yayo ari, n’ibintu byose bikururuka hasi nk’uko amoko yabyo ari, Imana ibona ko ari byiza.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
26
Imana iravuga iti “Tureme umuntu agire ishusho yacu ase natwe, batware amafi yo mu nyanja, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’amatungo n’isi yose, n’igikururuka hasi cyose.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
27
Imana irema umuntu ngo agire ishusho yayo, afite ishusho y’Imana ni ko yamuremye, umugabo n’umugore ni ko yabaremye.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
28
Imana ibaha umugisha, Imana irababwira iti “Mwororoke mugwire, mwuzure isi, mwimenyereze ibiyirimo, mutware amafi yo mu nyanja, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’ibintu byose bifite ubugingo byigenza ku isi.”
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
29
Kandi Imana irababwira iti “Dore mbahaye ibimera byose byera imbuto biri mu isi yose, n’igiti cyose gifite imbuto zirimo utubuto twacyo, bizabe ibyokurya byanyu.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
30
Kandi inyamaswa yose yo mu isi, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’ikintu cyose gikururuka ku isi gifite ubugingo, mbihaye ibimera bibisi byose ngo bibe ibyokurya byabyo.” Biba bityo.
itangiriro
1
Imana irema isi n’ijuru n’ibirimo byose
31
Imana ireba ibyo yaremye byose, n’uko byari byiza cyane. Buragoroba buracya, uwo ni umunsi wa gatandatu.
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
1
Inzoka yarushaga uburiganya inyamaswa zo mu ishyamba zose, Uwiteka Imana yaremye. Ibaza uwo mugore iti “Ni ukuri koko Imana yaravuze iti ‘Ntimuzarye ku giti cyose cyo muri iyi ngobyi’?”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
2
Uwo mugore arayisubiza ati “Imbuto z’ibiti byo muri iyi ngobyi twemererwa kuzirya,
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
3
keretse imbuto z’igiti kiri hagati y’ingobyi ni zo Imana yatubwiye iti ‘Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho, mutazapfa.’ ”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
4
Iyo nzoka ibwira umugore, iti “Gupfa ntimuzapfa,
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
5
kuko Imana izi yuko ku munsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza mugahindurwa nk’Imana, mukamenya icyiza n’ikibi.”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
6
Uwo mugore abonye yuko icyo giti gifite ibyokurya byiza, kandi ko ari icy’igikundiro, kandi ko ari icyo kwifuriza kumenyesha umuntu ubwenge, asoroma ku mbuto zacyo, arazirya, ahaho n’umugabo we wari kumwe na we, arazirya.
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
7
Amaso yabo bombi arahweza, bamenya yuko bambaye ubusa, badoda ibibabi by’imitini, biremeramo ibicocero. Imana ihana inzoka na Adamu na Eva
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
8
Bumva imirindi y’Uwiteka Imana igendagenda muri ya ngobyi mu mafu ya nimunsi, wa mugabo n’umugore we bihisha hagati y’ibiti byo muri iyo ngobyi amaso y’Uwiteka Imana.
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
9
Uwiteka Imana ihamagara uwo mugabo, iramubaza iti “Uri he?”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
10
Arayisubiza ati “Numvise imirindi yawe muri iyi ngobyi, ntinyishwa n’uko nambaye ubusa, ndihisha.”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
11
Iramubaza iti “Ni nde wakubwiye ko wambaye ubusa? Wariye kuri cya giti nakubujije kuryaho?”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
12
Uwo mugabo arayisubiza ati “Umugore wampaye ngo tubane, ni we wampaye ku mbuto z’icyo giti, ndazirya.”
itangiriro
3
Inzoka yoshya Eva
13
Uwiteka Imana ibaza uwo mugore iti “Icyo wakoze icyo ni iki?” Uwo mugore arayisubiza ati “Inzoka yanshukashutse ndazirya.”
End of preview. Expand in Data Studio

Dataset Card for "kirundi_bible_dataset"

More Information needed

Downloads last month
13